AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Abacuruzi ba shisha bavuga ko kuyihagarika bizabatera igihombo

Yanditswe Dec, 15 2017 22:42 PM | 4,891 Views



Nyuma y'uko Minisiteri y'ubuzima itangarije ko itabi rizwi nka Shisha riciwe burundu ku butaka bw'u Rwanda, irasaba abarinyoyeho kugana abaganga bakareba uko ubuzima bwabo buhagaze kuko ngo rifite ingaruka zikomeye zirimo na kanseri.

Ministeri y'ubuzima yasobanuye ko itabi rya Shisha rikunze kugaragara mu tubari dutandukanye ritemewe mu Rwanda kandi ko abazarenga ku mabwiriza yatanzwe bagomba guhanwa hakurikijwe amategeko. 

Iyi ministeri ivuga ko mu igenzura yakoze ndetse n'ubushakashatsi bw'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS, bigaragara ko Shisha ifite ingaruka zikomeye ku buzima zimo kanseri y'íbihaha, igituntu n'izindi ndwara z'ubuhumekero. Bamwe mu baturage biganjemo urubyiruko bakiriye neza iki cyemezo.

Ubushakashatsi bwakozwe n'ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima OMS bugaragaza ko gukurura umwotsi wa Shisha mu gihe cy'isaha bingana no kunywa amasegereti ari hagati 100- 200 y'itabi ako kanya mu gihe bisobanurwa ko atari ryiza ku buzima.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama