AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abacuruzi bacuruza imyaka nyabugogo barinura gufungirwa amaduka

Yanditswe Aug, 18 2016 11:37 AM | 1,412 Views



Bamwe mu bacuruzi b'imyaka muri Nyabugogo ngo ntibunva ukuntu bafungirwa aho bakorera naho bagenzi babo bakikomereza ubucuruzi nta nkomyi kandi bakorera ahantu hamwe.

Bamwe mu badandaza b'ibirayi n'ibinyamisogwe mu maduka ari ku  ku nkengero z'umuhanda wa ''Poids Loudrs'' i Nyabugogo mu mujyi wa Kigali, barinubira igikorwa cy'ubuyobozi bw'ibanze cyo kubafungira aho bakorera.

Umunyamabanga Nshingwbaikorwa w'umurenge wa Muhima Ruzima John yemeje ko abo abacuruzi bakoranye inama n'ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali bagahawa n'igihe ntarengwa cyo kuba bimutse, igihe cyaje no kongerwa, ariko yirinze kuvuga impamvu ituma bimurwa gusa ashimangira ko uru rwego rwashyize mu bikorwa icyemezo cy'Umujyi wa Kigali.

Inkuru mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira