AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Abadepite bagize inteko ya Zambia basuye ministeri y'ubutabera mu Rwanda

Yanditswe Apr, 27 2017 14:58 PM | 1,357 Views



Abadepite bagize komisiyo y'ubumenyi n'ikoranabunga mu nteko ishinga amategeko bo mu gihugu cya Zambia bari mu ruzinduko mu Rwanda, batangaje ko bagiye gukora ubuvugizi  ku kibazo cy'abanyarwanda bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bahungiye muri iki gihugu.

Umushinjacyaha mukuru Jean Bosco Mutangana yavuze ko harimo gukorwa ibiganiro bigamije gusinya amasezerano yo kohererezanya abanyabyaha hagati y’ibihugu byombi.

Izi ntumwa za rubanda zasuye ministeri y'ubutabera zasobanuriwe ikibazo cy’abanyarwanda bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bakidegembya muri Zambia maze bavuga ko bagiye kuba abavugizi kuri iki kibazo.

Kugeza ubu abantu 9 ni bo bashakishwa n’ubutabera bw’u Rwanda bari muri Zambia kubera ibyaha bya Jenoside basize bakoze. Iri tsinda ry'abadepite baje kwigira ku Rwanda mu bijyanye n'ubumenyi  n’ikoranabuhanga



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura