Yanditswe Apr, 24 2017 15:29 PM | 2,931 Views
Perezida w'inteko ishinga amategeko
umutwe w'abadepite Donathille MUKABALISA yakiriye mu biro bye itsinda
ry'abadepite bo mu nteko ishinga amategeko y'igihugu cya Zambia bari mu
ruzinduko mu Rwanda.
Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye hagati y'inteko zishinga amategeko z'ibihugu byombi ku guta muri yombi no kugeza mu Rwanda abanyarwanda basize bakoze jenoside baba muri iki gihugu.
Iri tsinda ry'abadepite bari mu ruzinduko rw'iminsi 7 mu Rwanda, ni abagize komisiyo y'uburezi, ubumenyi n'ikoranabuhanga mu nteko ishinga amategeko y'igihugu cya Zambia.
Hon Patricia MWASHI-NGWELE wari uyuboye iri tsinda, yatangaje ko bigiye byinshi ku Rwanda birimo ubumuntu abanyarwanda bongeye kwiyubakamo nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi mu 1994
Aba badepite kandi banagiranye ibiganiro n'abadepite bo u nteko ishinga amategeko y'u Rwanda bagize komisiyo y'uburezi, ikoranabuhanga umuco na siporo, mu rwego rwo guhanahana amakuru no kungurana ibitekerezo ku mikorere nk'abantu bahuje inshingano.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
39 minutes
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
1 hour
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
1 hour
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru