Yanditswe Mar, 20 2017 12:19 PM | 2,484 Views
Abadepite bagize komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi mu
nteko ishinga amategeko ya Uganda bari mu Rwanda, kuri uyu wa mbere bakaba
bagiranye ibiganiro na komisiyo y'ubukungu n'ubucuruzi y'inteko ishinga
amategeko y'u Rwanda. Aba badepite kandi bagiranye ibiganiro na perezida w'inteko ishinga amategeko umutwe
w'abadepite Hon. Mukabalisa Donathile.
Umunyamabanga wa Leta muri ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu ushinzwe imibereho y'abaturage, kuri uyu wa mbere yagiranye ibiganiro na komisiyo y'imibereho myiza y'abaturage mu nteko ishinga amategeko.
Yayitangarije ko Leta y'u Rwanda igiye gushyiraho Ikigo cy'igihugu cy'ingororamuco. Umushinga w'itegeko rishyiraho iki kigo urimo gusuzumwa na Komisiyo y'imibereho myiza mu mutwe w'abadepite.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'ubutegetsi bw'igihugu Alvera Mukabaramba yavuze ko iki kigo kizahuza imikorere y'ibigo ngororamuco kikanoza imikorere yabyo. Uyu muyobozi avuga ko hariho icyuho kuko urwego runaka ari rwo rwikurikiraniraga ikigo ngororamuco ku batandukiriye indangagaciro z'umuco nyarwanda.
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru