AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abagatolika bizihije isabukuru y'imyaka 36 y'amabonekerwa ya Bikira Mariya

Yanditswe Nov, 29 2017 15:05 PM | 3,429 Views



Buri tariki 28 z'ugushyingo buri mwaka, abakristu batandukanye berekeza i Kibeho mu  birori byo kwizihiza isabukuru y'amabonekerwa yahabereye guhera mu mwaka wa 1981. Uyu mwaka abanyamahangabatandukanye nabo baje kwirebera agace nyirizi amabonekerwa yabereyemo. 

Usibye abanyamahanga basura ubutaka bwa Kibeho bwabereyeho amabonekerwa, n'abanyarwanda nabo ntibasigara gusura ahabereye ibitangaza nk'ibyo. 

Musenyeri wa Diyosezi ya Gikongoro Celestin Hakizimana wayoboye igitambo cya Misa cyo kwizihiza isabukuru y'imyaka 36 Bikira Mariya abonekeye u Rwanda, yasabye abitabiriye ibi birori kwibuka ubutumwa yahaye abo yabonekeye burimo gusenga, kwicuza n'ibindi. Yibukije abakristu ko bakwibuka gusabira ingo z'abakristu zirimo gusenyuka ndetse n'abapadiri bakomeje gutandukira ku nshingano zabo.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira