AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abakoze kera barinubira amafaranga make y'ubwiteganyirize bahabwa

Yanditswe Apr, 28 2016 15:19 PM | 1,757 Views



Bamwe mu bageze mu kiruhuko cy'izabukuru bahabwa amafaranga y'ubwiteganyirize bw'izabukuru barasaba ko amafaranga bahabwa yakongerwa kuko atajyanye n'igihe. 

Gutanga ubwiteganyirize bw'izabukuru ndetse n'ubwiteganyirize bw'ibyago bikomoka ku kazi ni itegeko ku bakozi Bose ba leta ndetse n'abikorera. Iri tegeko ryagiyeho mu mwaka w'1974 umukozi agateganyirizwa 8% by'umushahara mbumbe akorera.

Bamwe mu bageze mu kiruhuko cy'izabukuru basaba ko iri tegeko rigenga umusanzu w'ubwiteganyirize bw'abakozi ryavugururwa kuko ritajyanye n'igihe maze amafaranga bahabwa bageze mu zabukuru akongerwa.

Ubuyobozi bwa RSSB bavuga ko bagifite ikibazo cy'ingutu cya bamwe mu bakoresha batazigamira abakozi babo doreko 80% aribo batangirwa imisanzu naho 20%  bagakwepa kwishyura.Mu Rwanda abageze mu zabukuru bagera ku bihumbi 35 buri kwezi nibwo bahabwa amafaranga y'u Rwanda akabakaba miliyari 1,5.Umukozi wese ateganyirizwa amafaranga 8% by'umushahara mbumbe.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage