AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Abarundi 517 bari bacumbikiwe I Nyanza nabo basubiye mu Burundi

Yanditswe Apr, 02 2018 22:34 PM | 22,276 Views



Abarundi 517 bari mu karere ka Nyanza, bategereje guhabwa ubuhungiro, kuri uyu wa mbere basubiye mu gihugu cyabo, nyuma y'uko basabye gutaha kubera ko ibyo basabwe kubahiriza bemeza ko binyuranye n'imyemerere yabo.

Mu masaha ya saa tanu, ni bwo bari bageze ku mupaka munini w’Akanyaru basubira iwabo. Kuri uyu mupaka baje mu modoka zigera kuri 20 zahabagejeje akaba ari ho zigarukira.

Ku ruhande rw’u Rwanda n'urw'u Burundi hari abayobozi bari babategereje herekeje naho ku ruhande rw’u Burundi hari abaje kubakira. Ku mupaka barahita basohoka mu modoka bakambuka n’amaguru kuko imodoka zibazanye atari zo zibakomezanya.

Ku ruhande rw'u Rwanda bari baherekejwe n'abayobozi kimwe no ku rw'u Burundi ahari abayobozi bari baje kubakira.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize