Yanditswe Nov, 12 2016 17:32 PM | 2,608 Views
Itsinda ry'abasirikare, abapolisi n' abasivili 375 b'u Rwanda nibo bitabiriye amahugurwa ya gisirikare ahuza ingabo z'ibihugu bigize umuryango w'Afrika y''uburasirazuba EAC.
Aya mahugurwa yiswe USHIRIKIANO IMARA arabera mu gace ka Kwale mu ntara ya Mombasa muri Kenya. Azamara igihe cy'ibyumweru b'ibiri
Atangiza k'umugaragaro aya mahugurwa minisitiri w'ingabo wa Kenya Ambassaderi Raychelle Omamo yavuze ko amahoro, umutekano, n'iterambere bizagerwaho neza ari uko habayeho ubufatanye butajegajega hagati y'ingabo n'izindi nzego zishinzwe umutekano mu bihugu bigize umuryango w'Afrika y'uburasirazuba.
Yongeyeho ko impamvu yayo mahugurwa ari ukungira ngo ingabo nabashinzwe umutekano bahure bungurane ibitekerezo n'ubumenyi ku ngamba zo kunoza umutekano muri karere ibihugu byabo biherereyemo.
Aya mahugurwa yatangiye taliki ya 07 muri uku kwezi ahuje muri rusange abantu bagera ku bihumbi 2 akasozwa taliki 18 uku kwezi.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru