AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Abasirikare bo muri EAC bari kumwe n'abashinzwe umutekano mu Rwanda mu mahugurwa

Yanditswe Nov, 12 2016 17:32 PM | 2,608 Views



Itsinda ry'abasirikare, abapolisi n' abasivili 375 b'u Rwanda nibo bitabiriye amahugurwa ya gisirikare ahuza ingabo z'ibihugu bigize umuryango w'Afrika y''uburasirazuba EAC.

Aya mahugurwa yiswe USHIRIKIANO IMARA arabera mu gace ka Kwale mu ntara ya Mombasa muri Kenya. Azamara igihe cy'ibyumweru b'ibiri

Atangiza k'umugaragaro aya mahugurwa minisitiri w'ingabo wa Kenya Ambassaderi  Raychelle Omamo yavuze ko amahoro, umutekano, n'iterambere bizagerwaho neza ari uko habayeho ubufatanye butajegajega hagati y'ingabo n'izindi nzego zishinzwe umutekano mu bihugu bigize umuryango w'Afrika y'uburasirazuba.

Yongeyeho ko impamvu yayo mahugurwa ari ukungira ngo ingabo nabashinzwe umutekano bahure bungurane ibitekerezo n'ubumenyi ku ngamba zo kunoza umutekano muri karere ibihugu byabo biherereyemo.

 Aya mahugurwa yatangiye taliki ya 07 muri uku kwezi ahuje muri rusange abantu bagera ku bihumbi 2 akasozwa taliki 18 uku kwezi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama