AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Abaturage bahamagara imirongo y'ubufasha ntabwo bakeneye bazajya bahanwa

Yanditswe Nov, 24 2016 17:04 PM | 2,326 Views



Urwego ngenzura mikorere RURA ruratangaza ko abaturage bahamagara bitari ngombwa ku mirongo yashyiriweho guhamagarwa n'abakeneye ubutabazi cyangwa ubufasha bwihuse bazajya bahanwa.

ACP Tony Kulamba umuvugizi wa RURA asaba abaturage gutanga amakuru no ku bigo bidatanga service uko bikwiye kugirango bizakurikiranwe ariko nanone n'abaturage bahamagara badakeneye ubufasha nabo ngo hari ibihano bazajya bahabwa.

Abashinzwe itumanaho mu bigo bakorera bo baravuga ko bahura n'imbogamizi z'uko hari abantu bahamagara imirongo yagenewe ubufasha bakavuga ibiterekeranye n'ubufasha ibigo bitanga.

Bamwe mu baturage bishimira imirongo ya telephone yabashyiriweho bahamagara igihe bahuye n'ikibazo bakeneye ubufasha, gusa bakavuga ko bahura n'imbogamizi zo kutabona ubufasha mu buryo bwihuseiyi mirongo ya Telephone yashyizweho yifashishwa mu gutanga amakuru. 

Aha harimo nk'imirongo ihamagarwa mu gihe umuntu akeneye ubutabazi, kugira ibyo asobanuza n'ibindi. Gusa bamwe mu baturage bavuga ko hari igihe bahamaga bene iyo mirongo ya telephone ubutabazi bukabageraho butinze.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira