AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Abaturage barishimira ibikorwa remezo bituma bizihiza neza iminsi mikuru

Yanditswe Dec, 26 2016 11:20 AM | 2,665 Views



Bamwe mu baturage batuye mu mujyi wa Kigali ndetse n'abanyarwanda baba mu mahanga baravuga ko uyu mwaka ubasigiye ibikorwa remezo bitandukanye bituma baryoherwa n'iminsi mikuru isoza umwaka.

Bavuga ko amahoteli ndetse n'amazu manini y'ubucuruzi yatashywe muri uyu mwaka wa 2016 yaberetse ko ubuyobozi bwabo bubitayeho.

Benshi bemeza ko uyu mwaka w'2016 ushobora kub ariwo mwaka usize umujyi wa Kigali ndetse n'u Rwanda muri rusange bimaze gufata umuvuduko nyawo w'iterambere.Ibi barabishimangira bashingiye ku bikorwa remezo byafunguye byatangiye gukoreshwa uyu mwaka.

Ibi birimo inyubako ndende z'ubucuruzi ndetse n'imihanda igezweho.

Mu minsi mikuru ya noheli n'ubunani abatuye Kigali babonye aho bisanzurira cyane ugereranije n'imyaka yatambutse.

Ibi bikorwa bitandukanye bituma abanyarwanda batifuza kujya kwizihiriza iminsi mikuru hanze y'igihugu,kuko n'abatuye i mahanga bahitamo kuza kwizihiriza iyi minsi mikuru mu Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize