Yanditswe Dec, 26 2016 11:20 AM | 2,665 Views
Bamwe mu baturage batuye mu mujyi wa Kigali ndetse n'abanyarwanda baba mu mahanga baravuga ko uyu mwaka ubasigiye ibikorwa remezo bitandukanye bituma baryoherwa n'iminsi mikuru isoza umwaka.
Bavuga ko amahoteli ndetse n'amazu manini y'ubucuruzi yatashywe muri uyu mwaka wa 2016 yaberetse ko ubuyobozi bwabo bubitayeho.
Benshi bemeza ko uyu mwaka w'2016 ushobora kub ariwo mwaka usize umujyi wa Kigali ndetse n'u Rwanda muri rusange bimaze gufata umuvuduko nyawo w'iterambere.Ibi barabishimangira bashingiye ku bikorwa remezo byafunguye byatangiye gukoreshwa uyu mwaka.
Ibi birimo inyubako ndende z'ubucuruzi ndetse n'imihanda igezweho.
Mu minsi mikuru ya noheli n'ubunani abatuye Kigali babonye aho bisanzurira cyane ugereranije n'imyaka yatambutse.
Ibi bikorwa bitandukanye bituma abanyarwanda batifuza kujya kwizihiriza iminsi mikuru hanze y'igihugu,kuko n'abatuye i mahanga bahitamo kuza kwizihiriza iyi minsi mikuru mu Rwanda.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
3 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
4 hours
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru