Yanditswe Aug, 11 2017 16:51 PM | 4,493 Views
Abanyarwanda babarirwa mu byiciro byihariye nk'abagore, urubyiruko n'abafite ubumuga, baravuga ko imyaka irindwi Perezida wa Repubulika Paul Kagame yatorewe izarangwa no kugaragaza mu buryo budasubirwaho ubushobozi bifitemo.
Abatangaza ibi bavuga ko imyaka yabanje by'umwihariko irindwi ishize yaranzwe no gukuraho inkomyi zadindizaga iterambere ryabo no gushyiraho amategeko abaha uruhare mu buzima bwose bw'igihugu, bityo ngo iyi manda itangiye ikazaba umwanya mwiza wo kugaragariza igihu n'amahanga ko agaciro basubijwe bagakwiye koko.
Mu matora y'umukuru w'igihugu aheruka abagore bari bihariye 54% by'abatora naho urubyiruko rukaba 45%.
I Kinyinya mu mujyi wa Kigali, Nshimyumuremyi Mathusalem waminuje mu bijyanye n'amategeko ntiyacogojwe n' ubumuga bwo kutabona bwamugwiririye mbere yo gutangira amasomo ya Kaminuza.
Yifashishije mudasobwa, kuri we Manda y'imyaka 7 irindwi Perezida wa Repubulika Paul Kagame izanye ikibatsi cyiyongera ku bisanzwe byarakorewe Abanyarwanda n'abafite ubumuga by' umwihariko.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru