Yanditswe Jan, 12 2018 22:05 PM | 4,045 Views
Nyuma y'ibiganiro hagati y'umuryango w'Abayisilamu mu Rwanda, ikigo cy' imisoro n'amahoro (RRA) n'ububiko bw'igihugu (MAGERWA). Ibitabo bitagatifu KOROWANI byagombaga gutezwa cyamunara byakomorewe kuri uyu wa Gatanu.
Ni ibitabo by'idini ya Islam
Korowani bipima ibiro toni 14 n'ibiro 470 birekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka
2 biri mu bubiko bwa Magerwa. Byishyuzwaga miliyoni zirenga 20 z'amafaranga y'u Rwanda ku bubiko byari bimazemo imyaka
hafi 2 ndetse n'amahoro. Abayoboke b'idini ya Islam Mu Rwanda bishimiye ikomorerwa
ry'ibi bitabo bitagatifu.
Nubwo ibitabo bitagatifu bya
Korowani byahawe ba nyirabyo hari izindi toni z'imbuto z'itende zikoreshwa n'aba
Islam mu gihe cy'igisibo cya Ramadan zoherejwe n'umuterankunga w'idini ya Islam
mu Rwanda zo zikaba zasigaye Magerwa ariko umujyanama wa Muft w'u Rwanda Sheikh
Mbarushimana Sulayman avuga ko ibiganiro bikomeje kugirango harebwe icyakorwa ngo nazo ziveyo
Bitabo bitagatifu bya Korowani byarekuwe bizakoreshwa n'aba Islam basaga ibihumbi 22 mu Rwanda.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru