Yanditswe Apr, 18 2016 10:07 AM | 5,109 Views
Abanyarwanda
n’inshuti zabo batuye mu mu karere k’Amajyaruguru y’u Bubiligi, mu mujyi wa
Anvers, mu mpera z'icyumweru dusoje bibutse ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe
Abatutsi mu Rwanda.
Uyu muhango waranzwe n’umugoroba wo kwibuka watangiwemo ubuhamya, n’ubutumwa butandukanye.
Perezida wa Diaspora Nyarwanda muri Anvers, Frédéric Irankunda, yagarutse ku nsanganyamatsiko y’uyu mwaka aboneraho no gushimira by’umwihariko abitabiriye iki gikorwa, baturutse hirya no hino mu turere tugize u Bubiligi no mu nkengero z’icyo gihugu.
Amb. Olivier Nduhungirehe uhagarariye u Rwanda mu Bubiligi, we mu ijambo rye yavuze ko Anvers bibukiraga hafite amateka ajya gusa n'ayo mu Rwanda aho abayahudi bicwaga ubuyobozi bukabatererana.
Yakomeje avuga ko jenoside atari ikintu cyatunguranye, ahubwo ko ari umugambi wateguwe igihe kirekire.
Yasabye abanyarwanda baba mu Bubiligi gukomeza kurwanya abapfobya n’abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, barushaho gushyira imbaraga zabo hamwe.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru