AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Amahoro ya gasutamo ku modoka nini yaragabanijwe

Yanditswe Aug, 25 2016 10:47 AM | 2,861 Views



Ukwezi n'igice gusa nyuma yo gutangira gushyirwa mu bikorwa kw'idohorerwa ry'amahoro ya gasutamo ku binyabiziga binini by'ubwikorezi n’izitwara abantu bari hejuru ya mirongo itanu, ikigo cy'igihugu cy’ímisoro n'amahoro RRA kiravuga ko abacuruzi batangiye kungukira kuri ayo mahirwe.

Komiseri  ushinzwe amahoro ya gasutamo TUGIRUMUREMYI Raphael avuga ko umubare w'ibinyabiziga binini bitwara abantu n'ibintu byinjiye muri uku kwezi kwa munani kutararangira wamaze kurenga uw’ízinjiye mu kwezi gushize kwa karindwi.

Uku gukurwaho ndetse no koroshywa kw'amahoro asorwa n'abatumiza izi modoka nini zitwara abantu n'ibintu kwatanze undi muti ku kibazo cyuko hari abanyarwanda baziguraga bakazandikishiriza ahandi mu bihugu byo mu karere bitewe n’amabwiriza yabuzaga imodoka zitwarirwa ibumoso kwinjira mu Rwanda. Iri bwiriza ryanatumye izi modoka nini gusa yaba izitwarira iburyo cg ibumoso zemererwa kwinjira mu Rwanda.

Inkuru irambuye mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura