AGEZWEHO

  • Abarokokeye Jenoside muri Ste Famille bavuze inzira y’umusaraba banyuzemo – Soma inkuru...
  • Uganda yiyemeje guhashya icyasubiza Akarere mu icuraburindi nk’irya Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

Amatora y'umukuru wa FERWAFA yasubitswe akazasubirwamo nyuma y'iminsi 90

Yanditswe Dec, 30 2017 23:12 PM | 8,112 Views



Akanama gashinzwe gutegura amatora muri Ferwafa kemeje ko kuba nta mukandida washoboye gutsinda amatora yabaye kuri uyu wa Gatandatu, komite yari isanzweho iyobowe na Nzamwita Vincent De Gaulle izakomeza imirimo yayo kugeza habaye andi matora.

Ibi byabaye nyuma y'uko Nzamwita Vincent de Gaule avanyemo kandidature ye, umukandida bahataniraga uyu mwanya Rwemalika Felicite ntiyagejeje ku majwi akenewe ngo atorwe.

ICYO ABANTU BATANDUKANYE BAVUGA KU MATORA YIMUWE

Bamwe mu bakunda umupira w'amaguru n'abakurikirana ibyawo igihe kinini, baravuga ko batunguwe no kuba umwaka urangiye nta matora y'umuyobozi mushya wa Ferwafa abaye kandi bari babyiteguye. 

Gusa ngo uzatorwa wese azaharanire kuzamura impano z'abana kugirango abanyarwanda bongere gukunda umupira w'amaguru no kugaruka ku bibuga, no gutegura neza ikipe y'igihugu izitabira imikino ya CHAN izatangira mu kwezi gutaha.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu