Yanditswe Nov, 20 2018 21:07 PM | 2,984 Views
U Rwanda rurishimira intambwe imaze guterwa n’ibihugu bya afurika mu bijyanye n’amavugurura yatumye afurika igira icyerekezo kimwe. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Richard Sezibera akavuga ko ngo ibi bitanga icyizere cy’impinduka zikomeye mu iterambere ry’abatuye uyu mugabane.
Mu 2016 nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame n’itsinda ry’impuguke yari ayoboye batangiye urugamba rugamije guha umugabane wa afurika umurongo mushya wo gukorera hamwe no kurushaho kwishakamo ibisubizo.
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Richard Sezibera asanga aya mavugurura akinakomeje yarahaye umurongo mushya umugabane wa afurika.
Minisitiri w’ububanyi
n’amahanga, Dr Richard Sezibera avuga ko hari ikizere ko izi mpinduka zizakomeza
ashingiye ku bushake abakuru b’ibihugu bafite.
Amwe mu mavugurura yakozwe mu muryango wafurika yunze ubumwe arimo nko kwemezwa ko ibihugu bigomba kujya bitanga 0.2% by’umusoro w’ibyinjizwa mu gihugu, ni gahunda izafasha afurika gukusanya imisanzu mu bihugu, izabasha gutera inkunga 100% ibikorwa by’ubuyobozi, 75% bya program z’umuryango na 25% by’ibikorwa by’amahoro.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
1 hour
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
2 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
2 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru