Yanditswe May, 26 2016 13:16 PM | 1,283 Views
Bamwe mu
babyeyi baratanagza ko batewe impungenge n'ibyuma by'imikino y'amahirwe bigenda
bishyirwa muduce batuyemo. Aba babyeyi bavuga ko iyi mikino ikomeje kurangaza
abana mu buryo buteye impungenge. Ibi kandi biravugwa mu gihe abayikina bo
bemeza ko kuyireka bigoranye.
Mu gihe abana bo bumva ari uburyo bwo gukina kandi wunguka, ababyeyi bo batangazako iyimikino yangiza abana babo kuko ituma biringira amahirwe aho gushaka icyo bakora cyabateza imbere nkuko bamwe mu babyeyi babivuga, "Ntabwo umwana azagira umwete wo kumva hari ikintu runaka yagenda ngo akore ahubwo azumva yizeye ya mahirwe.Afate amafaranga ye agende."
Ku rundi ruhande ariko abakora aka kazi bemeza ko kabafitiye akamaro kuko ushobora kugira amahirwe ugakuramo amafaranga atubutse ashobora kugukemurira ibibazo.
Nubwo hari
ababirengaho bagakoresha abana muri iyi mikino ariko amabwiriza y'abakoresha iyi mikino ababuza
kwemerera abana bari munsi y'imyaka cumi n'umunani kuyinjiramo.
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
1 hour
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru