AGEZWEHO

  • Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi – Soma inkuru...
  • Rusizi: Minisitiri Ngabitsinze yaburiye abanze kubaka ibibanza bahawe ko bashobora kubyamburwa – Soma inkuru...

Bamwe mu babyeyi b'abana bakina imikino ya 'betting' barahangayitse

Yanditswe May, 26 2016 13:16 PM | 1,283 Views



Bamwe mu babyeyi baratanagza ko batewe impungenge n'ibyuma by'imikino y'amahirwe bigenda bishyirwa muduce batuyemo. Aba babyeyi bavuga ko iyi mikino ikomeje kurangaza abana mu buryo buteye impungenge. Ibi kandi biravugwa mu gihe abayikina bo bemeza ko kuyireka bigoranye.

Mu gihe abana bo bumva ari uburyo bwo gukina kandi wunguka, ababyeyi bo batangazako iyimikino yangiza abana babo kuko ituma biringira amahirwe aho gushaka icyo bakora cyabateza imbere nkuko bamwe mu babyeyi babivuga, "Ntabwo umwana azagira umwete wo kumva hari ikintu runaka yagenda ngo akore ahubwo azumva yizeye ya mahirwe.Afate amafaranga ye agende."

Ku rundi ruhande ariko abakora aka kazi bemeza ko kabafitiye akamaro kuko ushobora kugira amahirwe ugakuramo amafaranga atubutse ashobora kugukemurira ibibazo.

Nubwo hari ababirengaho bagakoresha abana muri iyi mikino ariko amabwiriza y'abakoresha iyi mikino ababuza kwemerera abana bari munsi y'imyaka cumi n'umunani kuyinjiramo.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m