AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

ExpoRwanda2016: N'ubwo imyiteguro irimbanije ibibanza byabaye bike

Yanditswe Jul, 25 2016 16:45 PM | 1,806 Views



Urugaga rw'abikorera PSF ruratangaza ko hari umubare munini w'abifuza kwitabira imurikagurisha rya 19 ariko bakaba barahakaniwe kubera ko aho ribera ari hato. Iki kibazo ariko ngo kizabonerwa umuti kuva mu mwaka w'2018 ubwo imurikagurisha rizimuka rikajya ribera i Gahanga mu karere ka Kicukiro kuko hazaba hagutse.

Urugaga rw'abikorera/PSF rutangaza ko imibare y'abazasura imurikagurisha ry'uyu mwaka bazagera ku bihumbi 320 mu minsi 15 mu gihe abazaba bagaragaza ibyo bakora ari 419 harimo abanyamahanga 148 bazava mu bihugu 17. PSF ariko ntisobanura neza mu mibare amafaranga yinjizwa n'imurikagurisha ariko umuyobozi wayo Steven Ruzibiza ashimangira ko imurikagurisha rigira akamaro kanini ku bukungu bw'igihugu harimo no gutanga akazi.



Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize