Yanditswe Nov, 04 2017 21:52 PM | 3,990 Views
Madam wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame avuga ko uburezi bufite ububasha bwo guhindura isi, bityo agasaba abize gukoresha ubumwenyi bafite mu kwiteza imbere ubwabo n'igihugu muri rusange. Ibi bikubiye mu butumwa yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo guha impamyabumenyi abanyeshuri 117 ba Maranyundo Girls School barimo 57 barangije umwaka wa gatandatu na 60 barangije uwa gatatu wisumbuye.
Uyu muhango wabimburiwe n'igikorwa cyo gutaha ku mugaragaro inyubako nshya z'iri shuri zirimo isomero rigezweho na Laboratoire, Madam Jeannette Kagame yasobanuriwe uburyo zizakoreshwa mu gufasha abanyeshuri kwiyungura ubumenyi.
Iki gikorwa cyakurikiwe n'ibirori byo gushimira aba banyeshuri no kubashyikiriza impamyabumenyi zishimangira icyiciro cy'amashuri barangije.
Madam wa Perezida
wa Repubulika Jeannette Kagame yabashimiye intambwe bateye mu buzima abasaba
kuzigirira icyizere aho bagiye no kubyaza umusaruro ubumenyi bakuye kuri iri
shuri.
Inkuru irambuye mu mashusho:
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
3 hours
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
3 hours
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru