Yanditswe Nov, 11 2018 18:58 PM | 38,181 Views
Madamu wa Perezida wa Haïti Martine Moïse, yasuye
urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ashyira indabo ku mva, anunamira
imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa
Kigali.
Madam wa Perezida wa Haïti Martine Moïse yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro ICFP.
Ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Dr Ndimubanzi Patrick wari kumwe n'abandi bayobozi.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru