AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yamwenyuye nyuma y'intsinzi ya Arsenal FC – Soma inkuru...
  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...

First Lady wa Haïti Martine Moïse yasuye urwibutso rwa jenoside rwa Kigali

Yanditswe Nov, 11 2018 18:58 PM | 38,181 Views



Madamu wa Perezida wa Haïti Martine Moïse, yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ashyira indabo ku mva, anunamira imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.

Madam wa Perezida wa Haïti Martine Moïse yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri iki cyumweru, aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga ku kuboneza urubyaro ICFP.

Ku kibuga mpuzamahanga cy'indege cya Kigali yakiriwe n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze, Dr Ndimubanzi Patrick wari kumwe n'abandi bayobozi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize