AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Gakenke: Kubera ikibazo cy'ibiza amwe mu mashuli yarafunze

Yanditswe May, 16 2016 11:41 AM | 3,437 Views



Amwe mu mashuli yo mu Karere ka Gakenke ubu yafunze  imiryango by’agateganyo, ku bw'ibibazo by'imihanda n'ibiraro byangijwe n'ibiza by'ikangu.  

Ikibazo cy'imvura nyinshi yateje ibiza by'ikangu mu karere ka Gakenke, byagize ingaruka ku nzego zitandukanye bidasize inyuma uburezi. Bimwe mu bigo by'amashuli abanza n'ayisumbuye ubu bikaba byafunze imiryango by’agateganyo.  Ibi bikaba bihangayikishije abanyeshuli.

Umuyobozi w'akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias, avugako mubyo barimo kwihutira gukemura, harimo n'ikibazo cy'uburezi, k'uburyo bitarenze ku wa mbere w'icyumweru gitaha, abanyeshuli bose bazaba basubiye kwiga:

Mu bantu 34 bahitanywe n'ibiza by'inkangu zatewe n'imvura yibasiye aka Karere ka Gakenke, harimo n'abanyeshuli 3 bigaga kuri iki kigo cy'amashuli cya Nganzo ya mbere.

Gusa kugeza ubu ngo nta kigo na kimwe cy'amashuli cyasenywe nizo nkangu, zatwaye ubuzima bw'abantu zikanangiza ibintu byinshi.

Inkuru irambuye mu mashusho: 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura