Yanditswe Jun, 08 2016 10:17 AM | 2,051 Views
Mu butumwa minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi yagejeje ku baturage bahinga bo mu karere ka Gatsibo, yabasabye bahinga mu bishanga barasabwa kujya bakoresha uburyo bwo kuhira imyaka kugira ngo bahangane n’izuba kuko nta muturage wagombye gusonza afite imirima mu gishanga. Ni mu gihe yatangizaga gahunda yo gukangurira abaturage kuhira imyaka hakoreshejwe amazi yo mu bishanga mu gihe cy’izuba.
Reba inkuru yose mu mashusho:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru