Yanditswe Apr, 06 2016 11:25 AM | 2,660 Views
Mukamana Florence
umudamu w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu murenge wa Kansi ho mu karere ka Gisagara akaba yarabyaye abana 3 bamaze amezi ane bavutse. Atangaza ko we
n’abana be bameze neza kuko ngo
ubuyobozi bw’umurenge wa Kansi bwakomeje ku muba hafi bukamukamishiriza
amata, bakamuha ubwisungane mu kwivuza bw’abo bana kandi ngo bakaba
baranamworoje inka izamufasha kurera abo bana mugihe izindi nkunga zizaba
zarahagaze
Rutaburingoga Jerome umuyobozi w’akarere ka Gisagara avuga ko uyu muryango udakwiye kugira impungenge z’imibereho y’aba bana mu gihe inka borojwe itarabyara kuko ngo bazakomeza kubakurikirana bahabwa ubufasha uko buzagenda buboneka hanyuma inka ikazabunganira mu bihe biri imbere mu gihe inkunga yaba ihagaze kuko bayihawe mu rwego rwo kubafasha mu kwiteza imbere mu buryo burambye.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
1 hour
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
2 hours
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
3 hours
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru