AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Green Party ntishyigikiye imvururu zijya ziba mbere cyangwa nyuma y'amatora

Yanditswe Dec, 13 2016 15:39 PM | 1,151 Views



Abagize ishyirahamwe ry'amashyaka aharanira iterambere ry'ibidukikije mu karere ka Afrika y'iburasirazuba baravuga ko badashyigikiye na gato imvururu zijya ziba mbere cyangwa nyuma y'amatora. Ibi ngo basanga biterwa n'abaturage batora abantu aho gutora ibitekerezo.

Mu mwaka utaha wa 2017 mu Rwanda no muri kenya hateganyijwe amatora y'umukuru w'igihugu mu gihe mu mwaka wa 2018 mu Rwanda hazaba amatora y'abadepite.

Ni mu gihe igihugu cya Uganda ndetse n'igihugu cya Sudani y'amajyepfo bikubutse mu matora ya prezida wa repubulika, mu mwaka ushize hakaba hari habaye ay'i Burundi.

Kuri ubu abagize amashyaka aharanira kurengera ibidukikije muri EAC bateraniye i Kigali kugirango bige neza uburyo bwo guhatana mu matora ndetse no kumenya byimbitse ibijyanye no kwiyamamaza.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama