Yanditswe Dec, 13 2016 15:39 PM | 1,151 Views
Abagize ishyirahamwe ry'amashyaka aharanira iterambere ry'ibidukikije mu karere ka Afrika y'iburasirazuba baravuga ko badashyigikiye na gato imvururu zijya ziba mbere cyangwa nyuma y'amatora. Ibi ngo basanga biterwa n'abaturage batora abantu aho gutora ibitekerezo.
Mu mwaka utaha wa 2017 mu Rwanda no muri kenya hateganyijwe amatora y'umukuru w'igihugu mu gihe mu mwaka wa 2018 mu Rwanda hazaba amatora y'abadepite.
Ni mu gihe igihugu cya Uganda ndetse n'igihugu cya Sudani y'amajyepfo bikubutse mu matora ya prezida wa repubulika, mu mwaka ushize hakaba hari habaye ay'i Burundi.
Kuri ubu abagize amashyaka aharanira kurengera ibidukikije muri EAC bateraniye i Kigali kugirango bige neza uburyo bwo guhatana mu matora ndetse no kumenya byimbitse ibijyanye no kwiyamamaza.
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru