AGEZWEHO

  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...
  • Ni igikorwa kigayitse ku Bufaransa- Amb. Anfré avuga ku bakozi babo bishwe muri Jenoside – Soma inkuru...

Guverineri wi'intara y'amajyaruguru avuga ko uzakora inzoga bitemewe azahanwa

Yanditswe Nov, 20 2017 18:55 PM | 1,864 Views



Mu ntara y'amajyaruguru habaye inama yahuje guverineri Gatabazi JMV n'abayobozi ku nzego zinyuranye barimo abashinzwe umutekano ku rwego rw'intara.

Ubuyobozi bw'akarere ka Musanze n'abayobozi b'uturere bungirije bashinzwe ubukungu, abanyamabanga nshingwabikorwa b'Imirenge muri Musanze n'Abafite inganda zikora inzoga. Barebeye hamwe ingamba zo kurwanya inzoga z'inkorano.

Muri iyi nama itsinda ryakozwe ubugenzuzi ku nzoga z'inkorano muri Musanze baragagaraje ibyavuye mu bugenzuzi bwakorewe inganda zikora inzoga mu Karere ka Musanze, bwakozwe n'Akarere gafatanyije n'Intara ndetse n'ikigo gitsura ubuziranenge, RSB.

Guverineri w'intara y'amajyaruguru Gatabazi Jean Marie Vianney yasobanuye ko kugeza uyu munsi ku wa 20/11/2017 inganda zemerewe kwenga inzoga muri Musanze ari urwitwa CETRAF n'UMURAGE, abandi bazakora batabyemerewe bakazahanwa n'amategeko.

Umuyobozi w'Akarere ka Musanze yizeje ko nta ruganda rugomba gukora inzoga rudafite ibyangombwa bya RSB kandi n'Akarere kakaba kabizi ko rubifite.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura