AGEZWEHO

  • NAEB yagaragaje ko ibyoherezwa hanze bituruka ku ndabo n'imbuto byageze kuri toni 1000 ku kwezi – Soma inkuru...
  • Amateka ya Mohamood Thabani warohoye imibiri y'Abatutsi mu Kiyaga cya Victoria – Soma inkuru...

Hagiye gutangizwa ikigega kizafasha ba rwiyemezamirimo muri ICT kubona igishoro

Yanditswe May, 13 2017 19:06 PM | 3,106 Views



Bamwe muri ba rwiyemezamirimo b'urubyiruko mu ikoranabuhanga n'isakazabumenyi ICT baravuga ko ikibazo cy'igishoro ki kizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa. Uru rubyiruko rukaba rwemeza ko ikigega bashyiriweho nigitangira gukora kizaba ari igisubizo kuri bo.

Hirya no hino muri za laboratwari z'ikoranabuhanga, uhasanga urubyiruko ruba rufite ibitekerezo, biba bishobora kuvamo imishinga minini ikaba yarubera imbarutso y'ubukire. Gusa bamwe muri aba ba rwiyemezamirimo, bavuga ko ikibazo cy'igishoro kikizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa.

Mu gihe imishinga y'uru rubyiruko izaba yatangiye gushyirwa mu bikorwa, yazarufasha kwiteza imbere ndetse n'ubukungu bw'igihugu bukahazamukira.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize