Yanditswe May, 13 2017 19:06 PM | 3,106 Views
Bamwe muri ba rwiyemezamirimo b'urubyiruko mu ikoranabuhanga n'isakazabumenyi ICT baravuga ko ikibazo cy'igishoro ki kizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa. Uru rubyiruko rukaba rwemeza ko ikigega bashyiriweho nigitangira gukora kizaba ari igisubizo kuri bo.
Hirya no hino muri za laboratwari z'ikoranabuhanga, uhasanga urubyiruko ruba rufite ibitekerezo, biba bishobora kuvamo imishinga minini ikaba yarubera imbarutso y'ubukire. Gusa bamwe muri aba ba rwiyemezamirimo, bavuga ko ikibazo cy'igishoro kikizitira benshi muri bo kugira ngo ibitekerezo byabo bibashe kujya mu bikorwa.
Mu gihe imishinga y'uru rubyiruko izaba yatangiye gushyirwa mu bikorwa, yazarufasha kwiteza imbere ndetse n'ubukungu bw'igihugu bukahazamukira.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru