AGEZWEHO

  • Tariki 20 Mata 1994 ni bwo Umwamikazi Gicanda yishwe – Soma inkuru...
  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...

Hanze: Ministre w'intebe Murekezi yitabiriye inama ku bukungu bwa Afurika

Yanditswe Mar, 20 2017 12:09 PM | 1,731 Views



Ministre w'intebe Anastase Murekezi ari mu birwa bya Maurice aho yagarariye perezida wa republika mu nama ku bukungu bwa Afrika, African Economic Platform. Ni inama yatangiye kuri uyu wa mbere tariki 20 Werurwe ikazasozwa kuwa 3 w'iki cyumweru.

Mu kiganiro ministre w'intebe yatanze muri iyi nama yagaragaje uburyo Afrika ikwiriye gukora ikanakoresha ibyo yivaniye mu nganda, ibihugu bigakorana ubucuruzi, kandi hakabaho kwihutisha ukwishyira hamwe kw'ibihugu mu miryango y'uturere tugize uyu mugabane.

Iyi nama yitabiriwe n'abayobozi ku rwego rwo hejuru b'ibihugu bya Afrika, harimo abaperezida n'abakuru ba za guverinoma.

Ni inama iganirirwaho uburyo ibihugu byo kuri uyu mugabane byakwihutisha kwisungana cyangwa 'regional integration' mu cyongereza.

Inkuru irambuye mukanya...



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira