Yanditswe Mar, 20 2017 12:09 PM | 1,731 Views
Ministre w'intebe Anastase Murekezi ari mu birwa bya Maurice aho yagarariye perezida wa republika mu nama ku bukungu bwa Afrika, African Economic Platform. Ni inama yatangiye kuri uyu wa mbere tariki 20 Werurwe ikazasozwa kuwa 3 w'iki cyumweru.
Mu kiganiro ministre w'intebe yatanze muri iyi nama yagaragaje uburyo Afrika ikwiriye gukora ikanakoresha ibyo yivaniye mu nganda, ibihugu bigakorana ubucuruzi, kandi hakabaho kwihutisha ukwishyira hamwe kw'ibihugu mu miryango y'uturere tugize uyu mugabane.
Iyi nama yitabiriwe n'abayobozi ku rwego rwo hejuru b'ibihugu bya Afrika, harimo abaperezida n'abakuru ba za guverinoma.
Ni inama iganirirwaho uburyo ibihugu byo kuri uyu mugabane byakwihutisha kwisungana cyangwa 'regional integration' mu cyongereza.
Inkuru irambuye mukanya...
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru