AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Huye: Abacururiza muri 'emballages' z'ayandi ma sosiyete y'ubucuruzi

Yanditswe May, 16 2016 11:20 AM | 2,394 Views



Mu gihe ikigo cy’igihugu gitsura ubuziranenge (RSB), gitangaza ko gupfunyika bimwe mu bicuruzwa muri za 'emballages' z’izindi nganda bitemewe kandi bikanabangamira ubuziranenge bw’ibyo bicuruzwa.

Bamwe mu bacuruzi bo mu karere ka Huye bacururiza muri izo emballages z’abandi, bavuga ko kuzikoresha ari ukubura izindi zabugenewe, ariko kandi abandi bakagaragaza ikibazo cyo kudasobanukirwa n’amategeko agenga ibijyanye na za embalages bigatuma batabyitaho.

Abacuruza amavuta yo guteka arimo ay’ubuto ndetse n’amamesa, usanga bayacururiza mu ducupa tuvamo amazi akorerwa mu nganda, cyangwa utuvamo inzoga.

Uretse aba bacuruzi b’ibiribwa, usanga kandi na bamwe mu banyenganda zitunganya ibinyobwa muri aka karere, nabo bavuga ko ngo bahura n’imbogamizi zo kutagira embalage z’amacupa zabo bwite, bigatuma bifashisha amacupa y’izindinganda.

Inkuru irambuye mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama