AGEZWEHO

  • Nyabihu: Abarokotse Jenoside batewe impungenge n'ingengabitekerezo ya Jenoside ikihagaragara – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yihanganishije Abanya-Kenya ku rupfu rw’Umugaba Mukuru w'Ingabo – Soma inkuru...

Ibitaro bya gisirikare by'i Kanombe birateganya gutangira kuvura Kanseri mu 2018

Yanditswe Nov, 06 2017 11:16 AM | 4,853 Views



Ubuyobozi bw' ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe buratangaza ko mu kwezi kwa mbere umwaka utaha, ibi bitaro bizaba bifite inyubako izakorerwamo ubuvuzi bwihariye bwa kanseri buzwi nka 'Radiotherapy' buzaba bukozwe bwa mbere mu Rwanda.

Kuri uyu wa mbere itsinda ry'abanyamerika bakora mu bijyanye na kanseri barimo n'abo muri Kaminuza zitandukanye muri icyo gihugu, basuye iyi nyubako bareba aho imirimo yo kuyubaka igeze, nyuma y'umwaka itangiye. 

Lt Colonel Dr. Pacifique Mugenzi asobanura ko iyi nyubako niyuzura izaba irimo imashini 2 zikora radiotherapy, buri mashini izajya yakira abarwayi bari hagati ya 80 n'120 ku munsi.

Ministre w'ubuzima Dr. Diane Gashumba we avuga ko iki kigo nicyuzura kizafasha mu gutanga ubuvuzi bwa Kanseri kikazunganira ibitaro bya Butaro biherereye mu Karere ka Burera. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira