Yanditswe Nov, 06 2017 11:16 AM | 4,853 Views
Ubuyobozi bw' ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe buratangaza ko mu kwezi kwa mbere umwaka utaha, ibi bitaro bizaba bifite inyubako izakorerwamo ubuvuzi bwihariye bwa kanseri buzwi nka 'Radiotherapy' buzaba bukozwe bwa mbere mu Rwanda.
Kuri uyu wa mbere itsinda ry'abanyamerika bakora mu bijyanye na kanseri barimo n'abo muri Kaminuza zitandukanye muri icyo gihugu, basuye iyi nyubako bareba aho imirimo yo kuyubaka igeze, nyuma y'umwaka itangiye.
Lt Colonel Dr. Pacifique Mugenzi asobanura ko iyi nyubako niyuzura izaba irimo imashini 2 zikora radiotherapy, buri mashini izajya yakira abarwayi bari hagati ya 80 n'120 ku munsi.
Ministre w'ubuzima Dr. Diane Gashumba we avuga ko iki kigo nicyuzura kizafasha mu gutanga ubuvuzi bwa Kanseri kikazunganira ibitaro bya Butaro biherereye mu Karere ka Burera.
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
4 hours
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru