Yanditswe Jun, 15 2016 09:57 AM | 2,199 Views
Abaturage barakangurirwa kwipimisha bakamenya ubwoko bw'amaraso yabo (groupes Sanguins) kuko ngo iyo bagiye kwa muganga bayakeneye bifata igihe gito ngo bayahabwe kuko ubwoko bwayo buba buzwi.
Ibi ni mu gihe tariki ya 14 Kamena ya buri mwaka,
ari umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku bikorwa bijyanye no gutanga
amaraso, kugira ngo abashishwe abayakeneye.
Gatare Swaibu uyobora ikigo cy'igihugu gishinzwe gutanga amaraso,
ashishikariza abaturage kugana ahatangirwa amaraso kugira ngo bamenye ubwoko
bwayo kuko bituma baramirwa mu buryo bwihuse iyo bagiye kwa muganga bayakeneye.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru