Yanditswe May, 26 2016 12:41 PM | 1,687 Views
Hamwe na hamwe mu ma karitsiye y'umujyi
wa Kigali, hari abamenyereye guteka cyangwa kotsa ibiribwa bimwe na bimwe hanze
kandi hegereye umuhanda w'igitaka utumukaho ivumbi iyo ibinyabiziga
biwunyuzemo.
Ibyo biribwa byotswa cyangwa bitekwa ni nk'ibigori, capati, amandazi, ubunyobwa n'ibindi, bikaba bigurirwa aho byatekewe cyangwa bakabibunza hirya no hino. Bamwe mu baturage banenga iyi myitwarire nkuko Dushimirimana Theogene abivuga, ''ikintu navuga nko kuri ibi bicuruzwa by'ibiribwa, iyo bigiyeho ivumbi bigira ingaruka ku mubiri w'umuntu, ndumva Leta yagira icyo ikora.Ubirya inama namugira ni uko yazajya arya ibyo agomba gushishoza niba byapfundikiwe, hari n'ababirya bafite intoki ziriwe mu ivumbi, ibyo sibyo.''
Impuguke mu by'ubuzima, zemeza ko ivumbi rishobora kuba intandaro y'indwara zimwe na zimwe zo mu nda. Iyi ikaba ariyo mpamvu abacuruza ibiryo bihiye bagirwa inama yo kubirinda ivumbi kugirango habungabungwe ubuzima bwababikoresha.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru