AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ikibazo cy'ibiribwa bigurishirizwa ku mihanda

Yanditswe May, 26 2016 12:41 PM | 1,687 Views



Hamwe na hamwe mu ma karitsiye y'umujyi wa Kigali, hari abamenyereye guteka cyangwa kotsa ibiribwa bimwe na bimwe hanze kandi hegereye umuhanda w'igitaka utumukaho ivumbi iyo ibinyabiziga biwunyuzemo.

Ibyo biribwa byotswa cyangwa bitekwa ni nk'ibigori, capati, amandazi, ubunyobwa n'ibindi, bikaba bigurirwa aho byatekewe cyangwa bakabibunza hirya no hino. Bamwe mu baturage banenga iyi myitwarire nkuko Dushimirimana Theogene abivuga, ''ikintu navuga nko kuri ibi bicuruzwa by'ibiribwa, iyo bigiyeho ivumbi bigira ingaruka ku mubiri w'umuntu, ndumva Leta yagira icyo ikora.Ubirya inama namugira ni uko yazajya arya ibyo agomba gushishoza niba byapfundikiwe, hari n'ababirya bafite intoki ziriwe mu ivumbi, ibyo sibyo.''

Impuguke mu by'ubuzima, zemeza ko ivumbi rishobora kuba intandaro y'indwara zimwe na zimwe zo mu nda. Iyi ikaba ariyo mpamvu abacuruza ibiryo bihiye bagirwa inama yo kubirinda ivumbi kugirango habungabungwe ubuzima bwababikoresha. 

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama