Yanditswe Jan, 04 2018 22:00 PM | 4,515 Views
Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda Ferwacy ryashyize ahagaragara gahunda y’amarushanwa nyafrika y’amagare azabera mu Rwanda hagati ya taliki 13 na taliki 18 Gashyantare 2018.
Umuyobozi wa
Ferwacy, Aimable Bayingana ,avuga ko bwa mbere u Rwanda ruzagira ikipe
y’abagore muri aya marushanwa afite ingengo y’imari ya miriyoni 150 z’amafaranga
y’u Rwanda.
Mu kiganiro na mugenzi wacu Eddy Sabiti, Bwana Bayingana yatangiye avuga impamvu u Rwanda rwatoranyijwe mu kwakira aya marushanwa ndetse n’imiterere y’iri rushanwa.
Ikiganiro:
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru