AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Ikiyaga kiri kuri karisimbi gifite ibimenyetso by'imyemerere yo hambere

Yanditswe Aug, 22 2016 11:47 AM | 6,752 Views



Bamwe mu baturiye ikirunga cya Kalisimbi gisumba ibindi mu Rwanda, bemeza ko ikiyaga kikiriho gifite aho gihurira n’ikiyaga cya Kivu, ndetse bagashimangira ko kiriho n’ibimenyetso by’imyemerere y’Abanyarwanda bo hambere.

Kalisimbi ni ikirunga giherereye mu majyaruguru y’I Burengerazuba bw’u Rwanda. Iburengerazuba bwacyo kikazengurukwa n’icyitwa Nyiragongo cyo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe Iburasirazuba icyitwa Bisoke.

Agasongero k’icyo kirunga, gakunze kugaragaraho urubura cyane cyane mu gitondo n’iyo imvura ihise, rugashiraho iyo izuba rivuye.

Ibimera nk’imigano n’ishyamba rigizwe n’ibiti cyimeza ni byo bigaragara kuri icyo kirunga ahagana mu ntangiriro zacyo. Ibyo bimera birushaho kugenda biba bigufi uko byegera mu kirunga hagati. Cyakora hari n’aho bitamera bitewe n’ubukonje bukabije buhahora ndetse n’amabuye y’amakoro yanamye ahagana ku mutwe w'icyo kirunga.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama