Yanditswe Sep, 26 2016 16:54 PM | 1,722 Views
Mu kiganiro kibanze ku isano y’umuco n’iterambere abanyarwanda n’abanyamahanga bafatanyije kugitanga, bashimangiye ko kwishakamo ibisubizo no kuvoma mu muco baba babereye u Rwanda umusemburo w’iterambere.
Andrew Mwenda umuyobozi w’ikinyamakauru The Independent yagaragaje ukuntu u Rwanda ruhiga ibihugu mu kugera ku bikorwa bigamije iterambere kandi amikoro y’abarutuge ari munsi ya byinshi muri ibyo bihugu birimo n’ibifatwa nk’ibihangange mu gihe Pr.Rick Warren yagarutse ku mabanga 7 atuma u Rwanda rwesa imihigo harimo ubudatsimburwa, ubunyamugayo bw’abaruyobora no kureba kure.
Ibirori bya Rwanda Day byitabiriwe n’abantu bibumbi barimo abanywanda baturutse imbere mu gihugu, abaturutse ku migabane itandukanye ndetse n'inshuti z'u Rwanda.
Inkuru mu mashusho:
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru