AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Impanuro Perezida Kagame yagejeje ku bantu bari bitabiriye Rwanda Day

Yanditswe Sep, 26 2016 16:54 PM | 1,722 Views



Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye Rwanda Day i San Francisco, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagaragaje ko u Rwanda cyangwa Afrika bidakwiye guhora biramburira ukuboko kwakira ahubwo ko nabyo bifite inyungu mu kurambura ukuboko bigatanga.

Mu kiganiro kibanze ku isano y’umuco n’iterambere abanyarwanda n’abanyamahanga bafatanyije kugitanga, bashimangiye ko kwishakamo ibisubizo no kuvoma mu muco baba babereye u Rwanda umusemburo w’iterambere. 


Andrew Mwenda umuyobozi w’ikinyamakauru The Independent yagaragaje ukuntu u Rwanda ruhiga ibihugu mu kugera ku bikorwa bigamije iterambere kandi amikoro y’abarutuge ari munsi ya byinshi muri ibyo bihugu birimo n’ibifatwa nk’ibihangange mu gihe Pr.Rick Warren yagarutse ku mabanga 7 atuma u Rwanda rwesa imihigo harimo ubudatsimburwa, ubunyamugayo bw’abaruyobora no kureba kure.

Ibirori bya Rwanda Day byitabiriwe n’abantu bibumbi barimo abanywanda baturutse imbere mu gihugu, abaturutse ku migabane itandukanye ndetse n'inshuti z'u Rwanda.

Inkuru mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura