AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Ingabo zihuriye mu muryango wa ACIRC zasoje imyitozo ya gisirikare i Gako

Yanditswe Mar, 31 2017 15:29 PM | 2,170 Views



Ingabo zihuriye mu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye ku mugabane wa Africa (ACIRC) zashoje imyitozo ya gisirikare zari zimazemo iminsi 10 i Gako, izi ngabo zivuga ko zihavanye impamba ihagije izazifasha mu mirimo zizashingwa.

Umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda yavuze ko umugabane wa Africa ukomeje kugaragaraho amakimbirane, intambara biterwa n'udutsiko ahanini tuba tugamije itarabwoba aha akaba ariho yahereye asaba ingabo zishoje amahugurwa kuzashyira mu bikorwa amasomo bahawe batabara abaturage bari mu kaga.

Iyi myitozo yitabiriwe n'ibihugu 9 mu gihe uyu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye urimo ibihugu 13 byo ku mugabane wa Africa. Bam Sivuyile umuyobozi ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro mu muryango wa Africa yunze ubumwe avuga ko amahugurwa nk'aya agamije kubaka ubushobozi bw'ingabo za Africa kugirango Africa izajye yicyemurira ibibazo byayo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura