Yanditswe Mar, 31 2017 15:29 PM | 2,170 Views
Ingabo zihuriye mu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara aho rukomeye ku mugabane wa Africa (ACIRC) zashoje imyitozo ya gisirikare zari zimazemo iminsi 10 i Gako, izi ngabo zivuga ko zihavanye impamba ihagije izazifasha mu mirimo zizashingwa.
Umugaba mukuru w'ingabo z'u Rwanda yavuze ko umugabane wa Africa ukomeje kugaragaraho amakimbirane, intambara biterwa n'udutsiko ahanini tuba tugamije itarabwoba aha akaba ariho yahereye asaba ingabo zishoje amahugurwa kuzashyira mu bikorwa amasomo bahawe batabara abaturage bari mu kaga.
Iyi myitozo
yitabiriwe n'ibihugu 9 mu gihe uyu muryango w'ibihugu bihora byiteguye gutabara
aho rukomeye urimo ibihugu 13 byo ku mugabane wa Africa. Bam Sivuyile umuyobozi
ushinzwe ibikorwa byo kugarura amahoro mu muryango wa Africa yunze ubumwe avuga
ko amahugurwa nk'aya agamije kubaka ubushobozi bw'ingabo za Africa kugirango
Africa izajye yicyemurira ibibazo byayo.
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru
RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’ubucuruzi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze mu manegeka irarimban ...
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira
Apr 16, 2024
Soma inkuru
Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura icyizere
Apr 16, 2024
Soma inkuru