AGEZWEHO

  • Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa – Soma inkuru...
  • Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi – Soma inkuru...

Intsinda ryo mu nteko ryasuzumye ikibazo cy'imashini ihenze ariko itagikora

Yanditswe Nov, 02 2016 11:50 AM | 1,518 Views



Komisiyo y'ubuhinzi n'ubworozi mu nteko ishingamategeko umutwe w'abadepite irimo gusuzuma ikibazo cy'imashini ikora umwuka ubika intanga ziterwa inka. 

Iyi mashini yari imaze amezi asaga atatu idakora bikaba byarabaye ikibazo cy'ingutu ku borozi kuko batakibona intanga ziterwa inka zabo.

Iyi mashini iherereye mu kigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n'ubworozi cya Rubirizi mu karere ka Kicukiro yaguzwe amafaranga y'u Rwanda miliyoni 500. 

Yaguzwe mu mwaka w’2009 ikaba yaratangiye guhura n'ibibazo byo gupfa ama 'pieces' mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka bituma aborozi bahura n'ikibazo cyo kubura intanga.

Kugeza ubu itegeko riteganya ko umworozi atanga amafaranga 1500 kugira ngo atererwe intanga ku nka imwe, iyo idafashe veternaire yongera kumuterera nta kiguzi




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’