Yanditswe Jul, 19 2016 10:57 AM | 3,105 Views
Kuri uyu wa kabiri
biteganijwe ko hasozwa itorero ry'Indangamirwa ry'abanyeshuri biga ndetse
n'abazajya kwiga mu mahanga.
Ni igikorwa kiri bubere mu kigo cy’imyitozo ya gisirikari cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo, mu ntara y'uburasirazuba.
Abanyeshuri barenga 430 nibo bitabiriye Itorero ry’Igihugu ry'Indangamirwa ku nshuro ya cyenda.
Aba banyeshuri barimo kandi abanyarwanda biga mu mahanga n’abandi baturutse mu turere twose tw’igihugu bagize amanota meza mu bizamini bisoza umwaka w’amashuri yisumbuye wa 2015.
Bamaze ibyumweru bigera kuri bitatu i Gabiro mu kigo cya gisirikare [Combat Training Center] bigishwa amasomo mboneragihugu, banahabwa andi masomo abasobanurira icyerekezo cy’igihugu.
Banatojwe gukunda igihugu, gukunda umurimo, kurangwa n’indangagaciro na kirazira by’umuco nyarwanda.
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru
U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi
Apr 17, 2024
Soma inkuru
Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshejwe ikoranabuhanga
Apr 17, 2024
Soma inkuru
FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize
Apr 17, 2024
Soma inkuru