AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Kanombe Military Hospital yahawe ibikoresho by'ubuvuzi na leta ya Misiri

Yanditswe Oct, 27 2017 20:14 PM | 5,178 Views



Leta ya Misiri yashyikirije ibitaro bya gisirikare bya Kanombe inkunga y'ibikoresho byifashishwa mu kuvura ndetse no gutanga amasomo mu by'ubuvuzi hifashihshijwe uburyo bw'iyakure buzwi nka Telemedecine mu ndimi z'amahanga.

Ni umuhango wayobowe na Ambasaderi wa Misiri mu Rwanda Dr. Namira Negm wavuze ko iyi nkunga iri mu rwego rw'ubufatanye n'umubano usanzwe hagati y'u Rwanda na Misiri kandi ko igihugu cye kiteguye gukomeza gufatanya n'u Rwanda mu bikorwa bigamije guteza imbere ubuzima bwiza bw'abaturage b'ibihugu byombi.

Ibi bikoresho birimo za mudasobwa n'ibindi bikoresho by'ikoranabuhanga bijyana nazo bije bikurikira indi nkunga y'imashini 10 ziyungurura amaraso iki gihugu cyashyikirije ibitaro bya gisirikare bya Kanombe mu cyumweru gishize.

Dr. Colonel Jean Paul BITEGA, Umuyobozi mukuru w'ibitaro bya gisirikare bya Kanombe, avuga ko ibi bikoresho biziye igihe kuko hari byinshi bizabafasha mukunoza akazi.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama