AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Kayonza: Hon. Mukabalisa yasabye abaturage kunoza ibikorerwa mu Rwanda

Yanditswe Jan, 20 2017 10:54 AM | 2,398 Views



Bamwe mu baturage b'akarere ka Kayonza baratangaza ko bamaze kugera kuri byinshi kubera gahunda y'igihugu yo kuzamura ibikorerwa mu Rwanda cyangwa Made in Rwanda.

Gusa aba baturage bemeza ko babwiye izi ntumwa za rubanda mu rugendo zikomeje kugirira mu turere dutandukanye tw'igihugu ko nubwo bafite inganda zigenda zitera imbere ngo ziracyabangamiwe n'ibibazo birimo iby'amazi meza, amashanyarazi agihenze kandi acikagurika kenshi, bimwe mu bikoresho by'ibanze bakoresha babitumije hanze y'igihugu ndetse n'amasoko y'ibyo bakora akiri make.

Kuri ibi bibazo, abadepite babizeje ko babyumvise kandi ko bagiye kubikorera ubuvugizi hamwe n'izindi nzego kugira ngo harebwe icyakorwa.

Gusa, kurundi ruhande Perezida w'inteko ishingamategeko Donatille Mukabalisa asaba ko ahagaragaye ibitagenda neza byakosorwa, inganda koko zikaba inkingi y'iterambere rihamye ry'igihugu,  naho aho bigenda neza nabyo bikihuta kurushaho, ''Icyo dusaba nugukomeza kurushaho kunoza imirimo bakora bakanayagura kugira ngo irusheho gutera imbere n'imikorere irusheho kuba myiza kurenza uko bimeze uyu munsi wa none, ariko nanone icyo twakwishimira nuko aho bageze hashimishije''




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage