Yanditswe Mar, 11 2018 22:34 PM | 12,977 Views
Kuri
uyu wa mbere ingoro ndangamurage n’amateka yitiriwe Richard Kandt, ku bufatanye
na Ambasade y’ ubudage n’iya Israel bazamurika bimwe mu bikorwa byaranze abadipolomate mu gihe cy’intambara ya 2 y’isi, ubwo
Abayahudi bakorerwaga Jenoside abo badipolomate bakagaragagaza ubutwari, yewe
ndetse bamwe bakanarenga ku mategeko agenga ibihugu bari bahagarariye icyo gihe,
bagerageza gukiza abahigwaga.
Muri abo badipolomate bazibukwa banahabwa icyubahiro kubera kurenga ku nshingano bari bafite bagatabara abantu, harimo 9 bagaragara mu nzu ndangamateka yitiriwe Kandt bakomoka mu bihugu birimo Ubwongereza, Ubuyapani, Ubudage, Espanye, Swede, Peru, Turikiya, n’ Icyahoze ari Czechoslovakia.
FRVB ihanze amaso Petit Stade nk’igisubizo cy’ibibazo byo kutagira ibibuga bigezweho
1 hour
Soma inkuru
Polisi yasabye abatwara ibinyabiziga kwitwararika muri ‘Weekend’ ndende
3 hours
Soma inkuru
Umujyi wa Musanze n’uwa Jinhua wo mu Bushinwa byinjiye mu bufatanye
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Abaganga ba Kanseri mu Rwanda bariyongereye
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Mu bimukira 2242 bageze mu Rwanda bavuye muri Libya, 1621 bimuriwe ahandi
Mar 28, 2024
Soma inkuru
Kuki Intara y'Amajyaruguru ikomeje kugaragaramo ibipimo biri hejuru mu bana bafite imirire mibi ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
MINEMA yasobanuye uko ikomeje gufasha abibasiwe n'ibiza biheruka kwibasira uduce tumwe tw' ...
Mar 27, 2024
Soma inkuru
Abanyamategeko 188 barangije amasomo y'Ubuhuza basabwe kugabanya umubare w'Imanza mu Nkiko
Mar 27, 2024
Soma inkuru