AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Kigali: Biravugwa ko 'Car Free Day' yaba itangiye gucika intege

Yanditswe Aug, 14 2016 17:42 PM | 3,308 Views



Bamwe mu batuye umujyi wa Kigali bavugako igikorwa ngaruka kwezi cya siporo kimaze amazi atatu gitangijwe n'umujyi wa Kigali cyaba gitangiye gucika  intege kitaratera kabiri  naho abandi bakavuga ako ngo ahubwo iki gikorwa kigenda kigira imbaraga kurusha uko cyatangiye.

Kuri bamwe mu  batuye umurwa mukuru w'u Rwanda ngo kugenda mu muhanda utikanga ibinyabiziga birashimishije cyane kuko binatanga umwanya wo kurushaho kwitegereza uburanga bw'umujyi wabo.Uretse ni ibyo kandi muri iki gikorwa habaho no kwisuzumisha indwara zitandura  kuzikumira no kugabanya ubukana bwazo binyuze mu myitozo ngororamubiri.

Kuri ubu umujyi wa Kigali umaze gushyira mu mihigo ibijyanye no gukangurira abaturage gukora siporo igikorwa kigomba kwitabwaho n'inzego z'ubuyobozi kugeza ku rwego rw'umudgudu.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama