AGEZWEHO

  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...
  • Gatsibo: Bijejwe guhabwa umuhanda wa Kaburimbo amaso ahera mu kirere – Soma inkuru...

Kigali: Hari abaturage batarasobanukirwa igishushanyo mbonera cy'umujyi

Yanditswe Aug, 06 2016 22:45 PM | 8,374 Views



Ubuyobozi bw' umujyi wa Kigali buravuga ko ikiciro cya mbere cy' ishyirwamubikorwa ry' igishushanyo mbonera cy' umujyi wa Kigali kigomba kurangira umwaka utaha wa 2017 kigenda neza muri rusange, gusa hamwe na hamwe hakaba hari ibikorwa bitaratangira kubakwa. 

Abaturage ngo bakwiye gusobanirwa neza ibijyanye n' iki gishushanyo kugirango bashobore kwirinda gukora ibinyuranije nacyo byabashyira mu gihombo.

Igishushanyo mbonera cy' umujyi wa Kigali, Kigali Masterplan n' umushinga ubuyobozi bw' umujyi wa Kigali buvuga ko watekerejweho kuva  mu mwaka wa 2007 ariko uza kwemezwa ku mugaragaro mu mwaka wa 2013. 

Inkuru mu mashusho:



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw

Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama