AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

Kigali: Iyubaka ry'umuhanda mu murenge wa Nyarugenge ryasenyeye abaturage

Yanditswe Apr, 03 2016 15:09 PM | 3,533 Views



Abaturage baturiye ahari kubakwa umuhanda uzashyirwamo amabuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Nyarugenge baravuga ko babangamiwe n'uko iki gikorwa cyiri gutuma amazu yabo asenyuka, abandi nabo ntibahabwe ingurane. 

Bimwe mu bikorwa remezo by'uyu mushinga birikubakwa ni  Ruhurura y'amazi, kubaka umuhanda mushya uzashyirwamo amabuye, ndetse n'imiyoboro y'amazi atemba ku mihanda. Abatuye hafi yahari kubakwa uyu muhanda barishimira ko bari kwegerezwa amajyambere cyakora bagasaba ko imitungo yabo iri kwangirika ndetse n'amazu ari gusenyuka kubera amazi ngo bakwiye ku byishyurwa.

Ubuyobozi bw'akarere ka Nyarugenge bavuga ko uyu mushinga wo kubaka iyu muhanda bizatwara amafaranga y'u Rwanda agera kuri miliyoni 450 ku nkunga ya Banki y'isi ibi bikazatuma n'aba baturage bahura n'ibi bibazo bikemuka.

Inkuru irambuye:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura