AGEZWEHO

  • Tariki 19 Mata 1994: Imyaka 30 irashize Sindikubwabo atangije Jenoside mu cyahoze ari Butare – Soma inkuru...
  • U Bubiligi: Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Nkunduwimye kujya mu nama zayiteguraga – Soma inkuru...

Kigali: Umubyeyi yibarutse abana 4 icyarimwe

Yanditswe Jul, 09 2016 18:53 PM | 2,606 Views



Umubyeyi witwa Mujawayezu  Alphonsine w' imyaka 32 utuye mu murenge wa Nyamiyaga, mu Karere ka Kamonyi, kw' isaha ya saa tanu n' iminota 40 zo kuri uyu wa gatandatu, yabyaye abana bane,  umuhungu 1 n' abakobwa 3 ku bitaro bya Muhima hano mu mujyi wa Kigali.

 Abaganga bakurikirana aba bana bavutse bafite hagati y' ikilo 1 n' amagarama 800  n' ikilo 1 n' amagarama 3, bavuga ko ubuzima bwabo bumeze neza, umubyeyi wabo akaba yabyaye abazwe, ibyo bita cesarienne. Gusa ababyeyi b' Aba bana bavuga ko basanzwe batishoboye bakaba bakeneye ubufasha bwabunganira mu kurera aba bana.

Abaganga mu bitaro bya Muhima bavuga ko kuba umubyeyi yabyara abana 4 ari ibintu bidasanzwe muri ibi bitaro kuko byaherukaga mu mwaka wa 2003. Ababyaye izi mpanga bo bavuga ko mu muryango wabo hari abari barabyaye abana b' impanga 2, abandi bakaba barabyaye 3.

INKURU IRAMBUYE MU MASHUSHO:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera ama

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira