AGEZWEHO

  • Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira – Soma inkuru...
  • Abarinzi b'Igihango basabye urubyiruko gukunda Igihugu no kwirinda amacakubiri – Soma inkuru...

Komisiyo mu nteko iri gusuzuma ibibazo bigaragara mu makoperative y'abamotari

Yanditswe Mar, 28 2017 10:54 AM | 1,592 Views



Komisiyo y'ububanyi n'amahanga ubutwererane n'umutekano mu nteko ishinga amategeko umutwe w'abadepite yatumije abahagarariye amakoperative yo gutwara abantu kuri moto kugira ngo isesengure ibibazo bigaragara muri uwo mwuga.

Bimwe mu bibazo byugarije amakoperative y'abakora uwo mwuga ni imicungire mibi y'amakoperative yabo, aho bamwe mu babayobora bakomeje kurangwa n'imucungire idahwitse. Hari n'ibibazo byo kubona ibyangombwa bitangwa na RURA aho buri koperative isabwa moto 100 n'amafaranga 800.000, bikaba bigora amwe mu makoperative, ndetse n'imikorere idahwitse n'abashinzwe umutekano mu makoperative.

Abagize komisiyo y'ububanyi n'amahanga, ubutwererane n'umutekano mu nteko ishinga amategeko basuzumye ibi bibazo nyuma y'abo babigejejweho n'umwe mu bamotari wandikiye abadepite bagize iyo komisiyo abasaba gukurikirana ibyo bibazo.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid