Yanditswe Jun, 15 2016 10:22 AM | 2,253 Views
Ministeri y'uburinganire
n'iterambere ry'umuryango MIGEPROF
iratangaza ko ko kuba itegeko nshinga
ry’u Rwanda ryifitemo ingingo zirengera abana hakaba harashyizweho na Komisiyo
y’igihugu ishinzwe abana ari igipimo cy’uko politiki ya Leta y’u Rwanda ikomeye
ku burenganzira bw’abana.
Umunyamabanga mukuru muri iyi ministeri Batete Redempta yabitangarije i Musanze mu kigo cy’amahoro (Rwanda Peace Academy) ubwo hatangizwaga icyiciro cya nyuma cy’ibiganiro mpuzamahanga ku ishyirwaho ry’integanyanyigisho ikubiyemo amabwiriza arengera abana mu ntambara. Ni ibiganiro byitabiriwe n’abantu 30 baturuka mu bihugu 8 bikazamara iminsi 4.
Kuba haratekerejwe gushyiraho imfashanyigisho igamije gufasha abari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’abibumbye kwita ku bana mu ntambara nuko byari bimaze kuba ikibazo gikomeye nk’uko bigaragazwa n’ibyegeranyo by’imiryango mpuzamahanga ibarengera.
Icyashyizwe ahagaraga n’umuryango mpuzamahanga Save the Children wateye inkunga ibi biganiro kigaragaza ko mu makimbirane n’intambara zayogoje uduce two mu bihugu nka Somalia ahagenzurwa na Al Shabab, Soudan y’Epfo mu makimbirane ahamaze imyaka, Amajyaruguru ya Uganda ahabareye intambara hagati ya leta n'umutwe wa LRA aho hose abana ngo nibo barengana cyane nubwo abasivili bose baba bugarijwe.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru