AGEZWEHO

  • Ingengo y’imari Leta ishyira mu kugaburira abana ku ishuri yikubye inshuro 15 – Soma inkuru...
  • Ambasaderi Rutabana yagaragaje uko u Rwanda rwaharaniye ubudaheranwa nyuma ya Jenoside – Soma inkuru...

MINAGRI iremera ko habayeho ibura ry'amafunguro mu nama ya FARA

Yanditswe Jun, 16 2016 12:44 PM | 3,585 Views



Ministeri y'ubuhinzi n'ubworozi iremera ko habayeho amakosa mu mitegurire y'inama yigaga ku bushakashatsi mu by'ubuhinzi ku buryo hari n'abayitabiriye bagize ikibazo cyo kubura amafunguro. Mu gusoza iyi nama, ministiri Mukeshimana Geraldine yasabye imbabazi abayitabiriye, avuga ko hafashwe ingamba zo gukosora amakosa yagaragaraye.

Kuva ku wa mbere w'iki cyumweru i Kigali hari hateraniye inama ku bushakashatsi mu by'ubuhinzi. Ni inama yari yitabiriwe n'abahanga n'abashakashatsi mu by'ubuhinzi baturutse mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w'afrika.

Mu bitangazamakuru binyuranye hagiye havugwaho kutishimira imitangire ya serivisi ndetse binagera naho bamwe mu bitabiriye iyi nama banenze kutagerwaho n’amafunguro.

Inkuru irambuye mu mashusho:






Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda na Georgia byemeranyije ubufatanye mu bya politiki na diplomasi

Hashyizweho uburyo bwo kwireba no kwiyimura kuri lisiti y’itora hakoreshej

FERWAFA yanyuzwe n'umusaruro w'Amavubi mu mezi ane ashize

RHA yahumurije abubakishije amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu z’

Gakenke: Imirimo yo kubaka Umudugudu w’Icyitegererezo uzatuzwamo abahoze m

Karongi: Inzobere z’abaganga ba RDF zatangiye kuvura abaturage ku buntu

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura