Yanditswe Jun, 13 2016 10:11 AM | 1,521 Views
Abayobozi muri ministeri y`ubutegetsi
bw`igihugu n`abo mu bigo biyishamikiyeho barokote Jenoside bo mu murenge wa KAMEGERI mu karere ka NYAMAGABE banasura urwibutso rwa Jenoside rwa MURAMBI.
Umunyamabanga wa leta muri ministeri y`ubutegetsi bw`igihugu
ushinzwe imibereho myiza y`abaturage Madame Alvere MUKABARAMBA niwe wari
uhagarariye abandi bayobozi muri iki gikorwa.
Mw`ijambo rye yagarutse kubyo iyi ministeri ifashamo
abarokotse Jenoside birimo kububakira amazu, kubavuza no kubarihira amashuri n`izindi
gahunda zibateza imbere zirimo nk`iyo kuboroza.
Yabagaragarije ko amikoro y`iyi ministere ahora ari make
ugereranije n`ibyo abarokotse jenoside baba bakeneye gufashwamo; ariko abizeza
ko uko ayo mikoro azajya yiyongera nabo ariko bazajya babongerera ubufasha.
Uru rwibutso rwa jenoside rwa MURAMBI aba bayobozi basuye ;
rushyinguyemo imibiri y`abatutsi bahaguye igera kuri 50.000.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Abanyarwanda bategujwe imvura idasanzwe mu mpera za Mata
Apr 21, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasobanuye uko Abanyarwanda bigobotoye imyumvire yo gutegera amaboko amahanga
Apr 19, 2024
Soma inkuru