AGEZWEHO

  • Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira – Soma inkuru...
  • Abarinzi b'Igihango basabye urubyiruko gukunda Igihugu no kwirinda amacakubiri – Soma inkuru...

Madamu Nana Daboya arashima intambwe u Rwanda rugezeho mu bumwe n'ubwiyunge

Yanditswe May, 31 2016 11:30 AM | 1,261 Views



Perezidante wa Komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge mu Gihugu cya Togo Madamu Awa Nana Daboya, avuga ko intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe n'ubwiyunge nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi, ari urugero rukwiye kubera isi yose icyitegererezo.

Ibi yabitangaje nyuma kugusura komisiyo y'ubumwe n'ubwiyunge mu Rwanda ari kumwe n'itsinda ayoboye.


Reba inkuru yose:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Abamotari batakambye ku biciro by’ubwishingizi birushaho gutumbagira

Rubavu: Abarokotse Jenoside baravuga ko ubuvuzi bahawe na Leta bwatumye bagarura

Impunzi z’i Kigeme ntizigihagaritse umutima kubera ibiza

Rubavu: Uko hahanzwe imishinga ikomeje gufasha mu iterambere ry'abarokotse

NEC yasobanuye ibisabwa ku baziyamamariza ku mwanya w’Umukuru w’Igih

Perezida Kagame yasabye ba ofisiye bashya ba RDF kwanga ubugwari n’ububwa,

Ba ofisiye 624 bashya binjijwe mu Ngabo z’u Rwanda (Amafoto)

Ibyihariye kuri Dr Jean Baptiste Habyarimana wazize kurwanya umugambi wa Jenosid